Uncategorized

Umuganura uzandikishwa ku rutonde rw’umurage w’Isi

Minisitiri w'Ubutegetsi bw'igihugu, Habimana Dominique yatangaje ko hari gahunda yo kwandikisha Umuganura ku rutonde rw'umurage w'Isi binyuze mu Ishami ry'Umuryango…

Umunyarwanda ari mu bazasifura Igikombe cy’Isi cy’Abangavu

Umusifuzi mpuzamahanga w’Umunyarwanda, Umutesi Alice, ari ku rutonde rw’abazasifura irushanwa ry’Igikombe cy’Isi cy’Abangavu batarengeje imyaka 17 kizabera muri Maroc. Mu…

Kenya yazamuye imyaka yo kwemererwa kunywa inzoga

Kenya yazamuye imyaka yo kwemererwa kunywa inzoga mu buryo bwemewe n’amategeko, iva kuri 18 ijya kuri 21 y’amavuko. Mu byasobanuwe…

Minisitiri w’Intebe yasabye Kiliziya Gatorika ubufatanye mu kubaka amahoro muri Afurika

Minisitiri w’Intebe, Dr. Nsengiyumva Justin, yasabye Abepiskopi Gatolika muri Afurika kubakira ku bufatanye n’Ubunyangamugayo kugira ngo Afurika igire amahoro. Yabigarutseho…

Abayobora amakipe y’abagore biyemeje kubyaza umusaruro ubumenyi bahawe

Nyuma yo guhabwa amahugurwa y’iminsi itatu ku micungire y’amakipe , abayobozi b’amakipe y’abagore akina shampiyona y’icyiciro cya Kabiri, biyemeje kujya…

Ibigo by’imari birasabwa kwegera abagore bo mu cyaro

Mu gihe u Rwanda rukataje mu guteza imbere uburinganire mu nzego zitandukanye, abagore bo mu cyaro baracyahura n’imbogamizi mu gukorana…

- Advertisement -
Ad image