Uncategorized

Imiryango yagejejweho uburyo bwo kubika amazi n’imbabura zitangiza ibidukikije

Ruhango: Imiryango 20 yo mu karere ka Ruhango, yahawe ibigega bifata amazi n'imbabura zirondereza ibicanwa, irishimira ko ibi bikoresho bigiye…

Bisi zikoreshwa n’amashanyarazi zigiye gutwara abagenzi mu Ntara zose

Ikigo kimenyerewe mu gutwara abagenzi mu buryo bwa rusange hifashishijwe bisi zikoresha amashanyarazi, BasiGo, cyashyikirije sosiyete 5 zitwara abagenzi mu…

Amavubi [She-Amavubi] y’abato yahamagaye 25 bitegura Nigeria

Umutoza mukuru w’ikipe y’ikipe y’Igihugu y’abagore y’umupira w’amaguru , Casa Mbungo André, yahamagaye abakinnyi 25 b’abangavu bari munsi y’imyaka 20…

Abakorera mu nzu yari yafunzwe “kubera umwanda ukabije” bongeye guseka

Muhanga: Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga bafunguye inyubako y’Ubucuruzi yari imaze icyumweru idakora, abahakorera bavuga ko babonye Umuganura. Hashize icyumweru Ubuyobozi…

Umunyarwanda yatanzweho akayabo n’ikipe yo mu Misiri

Mugisha Bonheur wakinaga muri Stade Tunisien yo muri Tunisie, yamaze gukora ikizami cy’ubuzima muri Al-Masry yo mu Misiri aho bivugwa…

Ibyo wamenya ku gace kitwa i Huro kabumbatiye amateka y’Umuganura

Abaturage b'i Huro muri Gakenke basabwe basabwe kuhabungabunga no kuhitaho mu rwego rwo gusigasira amateka hafite, ndetse no kuhabyaza amafaranga.…

- Advertisement -
Ad image