mll6y

Follow:
12709 Articles

RDB yahannye Hoteli yatanze Serivise mbi muri Tour du Rwanda 2022

Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere mu Rwanda RDB rwahannye Hilltop Hotel yo muri Kigali nyuma yo gutanga serivise zitanoze ku bitabiriye isiganwa…

Imyaka 2 iri imbere inkingo zirimo iza Covid-19 zikorewe mu Rwanda zizajya ku isoko

Minisitiri w’Ubuzima, Dr Daniel Ngamije yagararage ko bamaze gutera intambwe ndende mu rugendo rwo gukorera inkingo zirimo iza Covid-19 mu…

Nyuma y’uko Akarere kanenzwe gutererana Gicumbi Fc, hashyizweho komite y’agateganyo

Nyuma y’uko Perezida w’ikipe ya Gicumbi FC yo mu Karere ka Gicumbi, Urayeneza John yeguye ku nshingano avuga ko amikoro…

Rusizi: Imiryango itari iya Leta yiyemeje gukorera hamwe ku nyungu z’umuturage

Abaturage benshi hirya no hino bamaze kugenda bagaragaza ko badasobanukiwe n'uburenganzira bwabo mu mategeko, hari n'abagaragaza ko batazi imiryango ikora…

Perezida Kagame yakiriye itsinda rivuye mu Budage riyobowe na Minisitiri w’Ubufatanye

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame mu biro bye yakiriye itsinda rivuye mu Budage rirangajwe imbere na Minisitiri ushinzwe ubufatanye mu…

Nyanza: Umurambo w’umwana w’imyaka 6 wasanzwe mu gisimu

Mu Mudugudu wa Kinyoni mu kagari ka Gati mu Murenge wa Muyira, mu Karere ka Nyanza haravugwa urupfu rw'umwana w'imyaka…

Perezida Zelensky yavuze ijambo ribabaje “agaragaza ko buri wese yiteguye gupfa”

Mu ijambo yagejeje ku Nteko y’Ubumwe bw’Uburayi, Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yasabye ko igihugu cye kigirwa ikinyamuryango, akaba yavuze…

U Rwanda rwasobanuye uko Abanyarwanda baba muri Ukraine bifashe: 51 bamaze guhunga

Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda yatangaje ko Abanyarwanda 51 mu basanzwe baba muri Ukraine, bamaze gusohoka iki…

Abakobwa beza basigaye muri Miss Rwanda baryohewe n’umwiherero (AMAFOTO)

Abakobwa  20 bageze mu cyiciro cya nyuma cyo guhatanira ikamba rya Miss Rwanda 2022 baraye batangiye umwiherero i Nyamata mu…

Uwo twari kumwe yambwiye ngo genda utsinde nta mbaraga mfite – Mugisha Moise

Umunyarwanda Mugisha Moise, ukinira ProTouch yo muri Afurika y’Epfo wegukanye agace ka nyuma ka Tour du Rwanda 2022, yavuze ko…