mll6y

Follow:
12709 Articles

Fatou Bensouda wamenyekanye cyane muri ICC yahawe kuyobora iperereza rikomeye rya UN

Fatou Bensouda wabaye Umushinjacyaha Mukuru w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwa ICC, yahawe kuyobora Iperereza ry’Umuryango w’Abibumbye ku byaha bishingiye ku mvururu…

Ubutumwa bwa Gen. Muhoozi bushyigikira Putin bwateje impagarara

Abantu batandukanye barimo Intumwa y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi muri Sadan y’Epfo na Hon. Robert Robert Kyagulanyi Ssentamu bamaganye ibyatangajwe na Lt.…

Umunyamakuru Horaho Axel yasohoye amatariki y’ubukwe bwe

Umunyamakuru w’imikino Horaho Axel yashyize ahagaragara amatariki y’ubukwe bwe n’umukobwa baherutse gusezerana imbere y’amategeko witwa Masera Nicole, aho buzaba ku…

Umwana utanga icyizere mu ikipe y’Amavubi U17 yagiye kwiga umupira muri América

Umukinnyi w'Ikipe y'Igihugu y'Ingimbi ziri munsi y'imyaka 17 (Amavubi U17) akaba n'umukinnyi w'Irerero rya Shaning FA, Mugisha K. Edrick yerekeje…

Sosiyete Sivili Nyafurika igiye gukora ubuvugizi ku guhangana n’ibyuka bihumanya ikirere

Abagize Sosiyete Sivili Nyafurika, bavuga ko bagiye kuzamura ijwi mu bihugu bikize kugira ngo birekure amafaranga yo kubungabunga urusobe rw'ibinyabuzima…

Rutahizamu wa APR FC ari mu maboko ya Polisi

Bizimana Yannick usanzwe ari rutahizamu wa APR FC, ari mu maboko ya polisi nyuma yo gufatwa yarengeje amasaha yo kugera…

Musanze: Imibiri imaze imyaka 28  ishyinguye nabi mu Rwibutso rwa Muhoza yatangiye kwimurwa

Imibiri isaga 800 y'abazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, yari ishyinguye mu buryo butayihesheje agaciro mu Rwibutso rwa Muhoza…

Nyanza: Bashyizeho “Ihanuriro n’ihaniro”mu kurwanya amakimbirane yo mu miryango

Abaturage bafatanyije n'ubuyobozi bwo mu kagari ka Mututu ho mu karere ka Nyanza bashyizeho uburyo bwo kurwanya amakimbirane yo mu…

Gasabo: Umurambo w’umugabo watwawe n’imvura wabonetse

Havugimana Andre wo mu Murenge wa Bumbogo, Akagari ka Ngara, mu Mudugudu wa Birembo, wari umaze iminsi ashakishwa nyuma yaho…

Haganiriwe ku bikwiye gukorwa ngo abatubuzi b’imbuto y’imyumbati babikore kinyamwuga

Mu nama yateguwe na RAB ifatanyije n'abafatanyabikorwa aribo SPARK na IITA, tariki 01 Werurwe 2022 i Kigali, haganiriwe ku ishusho…