INZOGA MUZIVEHO NIBA MUTAZISHOBOYE – TunyweLess NTIVUGWAHO RUMWE

1 Comment
  • Ndashimi ubuyobozi bwacu gushakisha no kworohereza company bya mahanga gukorera mu rwanda, bizafasha urubyiruko kuba busy bakabura time y’ibitagira umumaro.
    Inzoga zirakaze cyane mu rubyiruko, birababaje iyo utekereje future y’urwanda.
    Inama:
    Inzoga zo za muri rwe igiciro cyane
    Utubyiniro or ibyumba bihereramo bibe bike cyane
    Imirimo iboneke cyane kandi condition ya experience iveho, hitabwejo abarangije n’abacyiga. Yatangaje course mu kazi bagiye no.
    Urubyiruko nirugume mu muryango kugera bashatse urugo. Bigatuma bifuza gushaka, bahereye kwiyubaka no gushira imbaraga kukizatunga uwo muryango.
    Za getto ziveho.
    Habe ababyeyi bakira urubyiruko ruje mubw’akazi or kwiga ariko bakabana nabo. Nanjye nda bikorwa.
    Bibarinda kwigunga no kujya mu bidafite umumaro.
    Murakoze

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *