Uncategorized

Amajyepfo: Ingo zirenga ibihumbi 39 zakuwe mu bukene

Guverineri w’Intara y’Amajyepfo, Kayitesi Alice, yagaragaje ko ingo zisaga 39 000 zakuwe mu bukene, naho izisaga 79 000 zikaba zigiye…

Minisitiri w’Intebe wa Israel yanditse ibaruwa asaba imbabazi 

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yandikiye ibaruwa Perezida w'icyo Gihugu, Isaac Herzog, amusaba kumubabarira, ibyaha bya ruswa akurikiranweho bigahagarara.…

Rubavu: Hateguwe imurikagurisha rizaha ibyishimo n’ab’i Goma

Mu Ntara y’Iburengerazuba ku mucanga w'ikiyaga cya Kivu mu Karere ka Rubavu, hateguwe imurikagurisha rigamije gufasha abazaryitabira barimo n'ab'i Goma…

Women Foundation Ministries mu mujishi wo guhangana n’imirire mibi mu bana

Mu rwego rwo kuzamura imirire myiza y’abana mu Murenge wa Kinyinya w'Akarere ka Gasabo, Umuryango Women Foundation Ministries, ukomeje gushyira…

DRC: Ubwato bwari butwaye abantu 200 bwarohamye

Inzego z'ubutabazi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zatangaje ko abantu 19 babonwe bapfuye, 82 bararokorwa mu gihe abandi bagishakishwa…

Amerika: Abantu biciwe mu birori by’isabukuru y’amavuko

Muri Leta ya California muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, abantu bane bishwe abandi 10 barakomereka ubwo barasirwaga mu birori…

- Advertisement -
Ad image