Uncategorized

‘Comfort My People’ bahaye inzu umukecuru wari utuye habi

GICUMBI: Umuryango wa Gikristo ‘Comfort My People’ washyikirije inzu Mukarizinde Catherine, w’imyaka 89 y’amavuko, nyuma y’igihe aba mu nzu yendaga…

Imitwe ibiri ya Wazalendo ikorana n’ingabo za Congo, yongeye kurasana

Imitwe ibiri ya Wazalendo ikorana n'ingabo za Congo, FARDC yamaze iminsi ibiri ihanganye. Ni Mai-Mai Lamuka na Patriotes résistants congolais…

Abasirikare ba Congo barasanye n’aba Uganda bamwe barapfa

Ugushyamirana hagati y'abasirikare mu Ngabo za Uganda (UPDF) n'iza Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), byaguyemo abasirikare babiri ku ruhande…

U Rwanda na Misiri byasinye amasezerano mu bya gisirikare

Ibihugu by'u Rwanda na Misiri bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu bya gisirikare. Aya masezerano yasinywe ku wa Kabiri tariki…

Ntitwaje gukorera imigati — Senateri Dr. Frank Habineza

Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije, Green Party, Senateri Dr. Frank Habineza, yatangaje ko politiki ye n’iy'ishyaka ayoboye ari…

ACP Rumanzi na ACP Muheto mu bapolisi bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Polisi y'u Rwanda yatangaje ko Abapolisi 74 bashyizwe mu kiruhuko cy'izabukuru. Itangazo rya Polisi y'Igihugu ryo kuri uyu wa Kabiri,…

- Advertisement -
Ad image