Uncategorized

Israel irashijwa kwica abanyamakuru n’abaturage muri Gaza

Igisirikare cya Israel cyashinjijwe kwica abanyamakuru batatu n'abaturage umunani mu gitero cyagabwe rwagati mu Ntara ya Gaza muri Palestine. Imiryango…

Perezida Trump yacishije make

Perezida Donald Trump wa Leta zunze Ubumwe za Amerika yacishije make ku ngingo yo kwigarurira ikirwa cya Greenland, avuga ko…

Data yaranyihakanye! Uko Antoinette Uwonkunda yashinze Metis du Monde

Mu buzima busanzwe kuvukira ku babyeyi badahuje ubwenegihugu, noneho ibara ry’uruhu ni amahirwe ku mwana kubera ko aba afite ubwenegihugu…

Umugabo n’umugore we batawe muri yombi bakekwaho gutanga ruswa

Ruhango: Umugabo n'umugore we barakekwaho guha ruswa inzego z'umutekano ngo babareke benge inzogo zitemewe zizwi nk'ibikwangari. Kuri uyu wa 21…

Abagize Komite ya FERWAFA bari muri Mauritanie

Bamwe mu bagize Komite Nyobozi y’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwabda, FERWAFA, barimo Perezida wa ryo, Shema Ngoga Fabrice, bari mu…

Umushoferi utwara ikinyabiziga yanyoye ibisindisha ni umwicanyi – IGP

Rusizi: Mu murenge wa Muganza, Umuyobozi mukuru wa Polisi y’Igihugu yakebuye abatwara ibinyabiziga banyoye ibisindisha ko batazihanganirwa. Ni ubutumwa bwagarutsweho…

- Advertisement -
Ad image