Uncategorized

Abanyeshuri 220,840 bagiye gukora ibizamini bisoza amashuri abanza

Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko abanyeshuri 220,840 barimo abakobwa 120,635 n’abahungu 100,205 bagiye gukora ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza by’umwaka…

Kiyovu Sports yatangiye gukemura ibibazo bya FIFA

Nyuma y’ibihano yafatiwe n’Ishyirahamwe Mpuzamahanga ry’Umupira w’Amaguru ku Isi kubera kutubahiriza ibikubiye mu masezerano yari ifitanye n’abakozi ba yo, Kiyovu…

Ibyakomye mu nkokora umushinga “Isonga-AFD”

Minisiteri ya Siporo mu Rwanda, yavuze ko n’ubwo hari ibyo kwishimira mu mushinga wo kuzamura impano z’abato “Isonga-AFD”, icyiciro cya…

Gen Muhoozi yatumiye Abanyarwanda muri Uganda

Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda akaba n’umujyanama wa Se Perezida Yoweri Museveni mu bikorwa bya gisirikare byihariye, Gen Muhoozi Kainerugaba,…

Urukiko rwemeje igihano ku wahoze ari Gitifu w’Umurenge

Urukiko rukuru urugereko rwa Nyanza rwari rwarajuririwe igihano cyahawe umunyamabanga nshingwabikorwa w'umurenge wa Mugombwa, mu karere ka Gisagara witwa Bigwi…

Minisports irateganya kubaka ibibuga birenga 60

Minisiteri ya Siporo, yatangaje ko bimwe mu bikubiye mu mushinga wa “Isonga” icyiciro cya Kabiri, hateganywa kubakwa ibibuga birenga 63…

- Advertisement -
Ad image