Ubuyobozi bwa AS Kigali, bwatangaje ko iyi kipe izakoresha Ingengo y’Imari ya miliyoni 750 Frw mu mwaka w’imikino 2025/2026. Kuri…
Dr. Edouard Ngirente yashimiye Perezida Paul Kagame ku cyizere yamugiriye akamuha inshingano zo kuba Minisitiri w’Intebe mu myaka umunani ishize,…
Ibihugu by'u Rwanda na Algeria byasinye amasezerano y'imikoranire mu bya gisirikare, yasobanuwe nk'intambwe ikomeye mu mubano w’ibihugu byombi. Ni amasezerano…
Imiryango 120 yagizweho ingaruka n’ibiza byibasiriye akarere ka Rubavu muri Gicurasi 2023, yahawe inkunga y’ubwiherero bugezweho ndetse n’uburyo bw’isuku bwa…
Nyuma yo muri byinshi birimo ibibazo by’ibihano yari yarafatiwe na FIFA byo kutandikisha abakinnyi ndetse umwaka ushize w’imikino ukayibera umwaka…
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Nyakubahwa Paul Kagame, yashyizeho Minisitiri w’Intebe mushya, Dr Justin Nsengiyumva. Dr Nsengiyumva yasimbuye kuri uyu…
Sign in to your account