Uncategorized

Ikibuga cya stade Amahoro cyabaye gihagaritswe kubera kwangirika

Minisiteri ya Siporo yatangaje ko ikibuga cya Stade Amahoro cyabaye gihagaritswe kubera kwangirika, imwe mu mikino yari kuzabera kuri iki…

Urukiko rwatesheje agaciro ubusabe bwa Idamange wasabaga kuburanira i Kigali

Urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n'ibyambukiranya imipika ruri I Nyanza mu Majyepfo y'u Rwanda rwatangiye kuburanisha mu mizi urubanza…

Davis D na bagenzi be basabiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Umuhanzi Davis D, Kevin Kade na Habimana Thierry usanzwe akora umwuga wo gufotora, bitabye Urukiko rw'Ibanze rwa Nyarugenge ngo baburane…

Perezida Kagame yazamuye mu ntera Abasirikare 986 bamwe abaha inshingano nshya

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, yazamuye mu ntera abasirikare batandukanye abandi bahabwa imyanya itandukanye…

Ingengo y’imari y’umwaka 2021-2022 iziyongeraho 10% ugereranyije n’iheruka

Guverinoma y'u Rwanda iratangaza ko ingengo y'imari ya leta y'umwaka utaha wa 2021/2022 ishobora kwiyongeraho 10% ugereranyije n'iy'uyu mwaka wa…

Muhanga: Umuhanda wo kuri ”Tourisme” wangiritse watumye ibinyabiziga bibura inzira

Umuhanda w'ibitaka uva aho bita kuri ''Tourisme' warangiritse bikabije, abatunze ibinyabiziga babiraza mu baturanyi. Ubuyobozi bw'Akarere buvuga ko bugiye kohereza…

- Advertisement -
Ad image