Uncategorized

“Ni umubyeyi mwiza uzi kujya inama”, Mutesi Phoibe avuga Mama Nick bakinana muri ‘Iriba Series’

Iyo umuntu akiri umwana aba afite inzozi zo kuzagera kuri byinshi, benshi mu bana bifuza kuzaba Abaganga bakomeye, Abasirikare, Abaminisitiri…

Amakimbirane ahora mu Biyaga Bigari aterwa no kurebera abandi mu moko n’uturere baturukamo

Rusizi/D.RC: Mu bihugu byo mu Karere k'Ibiyaga bigari hahora intambara zidashira, ku itariki ya 21 Gicurasi buri mwaka ni umunsi…

Kenya: Nyuma y’indirimbo ‘Maria’ Tunnel Boy arifuza ko yazakorana na Marina

Umunyarwanda Tunner Boy ukorera umuziki mu Gihugu cya Kenya yasohoye indirimbo nshya yise ' Maria' ahishura ko imwe mu mishinga…

Abakozi ba Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu bakomerekeye mu mpanuka

Imwe mu modoka zari kumwe n'iya Minisitiri w'Ubutegetsi bw'Igihugu yakoze impanuka, bamwe mu bakozi ba Minisiteri barakomeraka. Imodoka V8 RAD…

The Same yakoze indirimbo nshya ‘No Stress’ biyemeza kuyobora amatsinda ya muzika mu Rwanda

Itsinda rya The Same rikorera umuziki mu Karere ka Rubavu ryashyize hanze indirimbo nshya bise 'No Stress' batangaza ko bagiye…

Gisagara: Croix Rouge yakoresheje asaga miliyari 1 Frw mu kuzamura imibereho y’abaturage

Abaturage bo mu Mirenge ya Kibilizi, Kansi, Muganza na Mukindo mu Karere ka Gisagara, baterwa inkunga na Croix Rouge y’u…

- Advertisement -
Ad image