Uncategorized

RIB yemeje ko yataye muri yombi umukinnyi wa Sunrise FC ukekwaho gusambanya umugore w’undi

Umukinnyi wa Sunrise FC, Mugabo Gabriel yafashwe nyuna y’umukino wahuzaga Gasogi United na Sunrise FC ukirangira nk'uko bitangazwa na Radio…

Kirehe: Bahangayikishijwe n’ibiro by’utugari dushaje

Abaturage batuye mu Tugari twa Nyabigega na Nyabikokora mu Karere ka Kirehe bavuga ko bahangayikishijwe no kuba Utugari twabo dushaje…

Ngoma: Abajyanama mu buhinzi 70 bahawe amagare azabafasha kwegera abahinzi

Abajyanama mu buhinzi mu Karere ka Ngoma bahawe amagare 70 azabafasha kwegera abahinzi mu kubakangurira kurushaho gukoresha inyongeramusaruro no kwegera…

Mu gushyingura Me Bukuru Ntwali nta Munyamakuru wemerewe gufata amajwi n’amashusho

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane tariki ya 10 Kamena 2021 nibwo habaye umuhango wo gusezera bwa nyuma no…

Barasaba ko Nyungwe ishyirwa mu murage w’isi. Bizafasha iki u Rwanda?

Abahanga mu bijyanye n’umuco ndetse n’amateka bavuga ko gushyira pariki y’igihugu ya Nyungwe ku rutonde rw’umurage w’isi bizazanira u Rwanda…

StarTimes yahananuye ibiciro bya Dekoderi mu buryo butigeze bubaho ubu ni 3,000Frw

Ku nshuro ya mbere mu mateka, Dekoderi yacu ya DTH HD ubu iragura amafaranga y’u Rwanda ibihumbi bitatu gusa (3,000Rwf).…

- Advertisement -
Ad image