Uncategorized

Ruhango: Abarenga 300 muri Lycée de Ruhango bakoze ibizamini ngiro ku nshuro ya 15

Abanyeshuri biga mu ishuri ry'imyuga n'ubumenyingiro muri Lycée de Ruhango Ikirezi batangiye ibizamini ngiro, bavuga ko biteguye gutsinda ku kigero…

NAME CHANGE REQUEST

Kigali: Umusore waretse gutwara moto akajya kurwanya Coronavirus abantu baramubabaza

Ndayisenga Gilbert wo mu Murenge wa Kimisigara mu Karere ka Nyarugenge, uvuga ko yiyemeje kureka akazi yari asanzwe akora ko…

OIPPA isaba Abanyarwanda kumva ko abafite ubumuga bw’uruhu bashoboye

Ubwo hizihizwaga umunsi mpuzamahanga ngarukamwaka w’abantu bafite ubumuga bw’uruhu, umuryango w’abafite ubumuga bw’uruhu (OIPPA) kuri iki Cyumweru wasabye Abanyarwanda kumva…

Umukobwa wohereje video ye yambaye ubusa yababajwe no gushyirwa ku karubanda

Uganda haribazwa indwara yateye mu rubyiruko cyane abakobwa bifata video bambaye ubusa bakaziha abasore b’inshuti zabo, umwe mu baheruka witwa…

Perezida Tshisekedi azahura na Museveni batangize ibikorwa byo kubaka imihanda ibahuza

Ibiganiro hagati ya Félix Tshisekadi na Yowri Museveni bizabera ahitwa Kasindi, muri Kivu ya Ruguru, Umukuru w’Igihugu cya DR. Congo…

- Advertisement -
Ad image