Uncategorized

Me Ntaganda ngo uwagiye iwe “akahamara iminota 20 asaka urugo rwe” si umurwayi wo mu mutwe

Me Ntaganda Bernrd yavuze ko umuntu wageze iwe nta burwayi bwo mu mutwe afite ko ahubwo ari umugizi wa nabi…

Ruhango: Abakozi bakosora imihigo baraye mu biro by’Akarere bubakeraho

Bamwe mu bakozi b'Akarere ka Ruhango bavuze ko baraye mu biro by'Akarere kubera gukosora imwe mu mihigo, Ubuyobozi bwifuza kohereza…

Bosco benshi bitaga ‘Connard’ muri Kaminuza y’u Rwanda, ararwana no gutsinsura COVID-19 mu mubiri we

Ntihemuka Jean Bosco benshi bitaga “Bosco Connard” muri Kaminuza Nkuru y’u Rwanda mu myaka yatambutse bitewe no kuba umwe mu…

Gicumbi: Hari umukoro wo kurwanya igwingira ry’abana mu nkambi ya Gihembe

Ubuyobozi bw’Akarere ka Gicumbi buvuga ko buhangayikishijwe cyane n’ikibazo cy’igwingira mu bana, by’umwihariko bugasaba ababyeyi baturiye inkambi kuzirikana ko abana…

Rusizi: Abubatse ku ishuri ribanza rya Rubenga I bazindukiye ku biro by’Umurenge kwishyuza

Ku wa 17 Kamena abaturage bubatse ku mashuri mu Mugugudu wa Rubenga I, Akagari ka Kagara mu Murenge wa Gihundwe…

Kim vs US: Twiteguye ibiganiro cyangwa guhangana na bo

Umuyobozi w’ikirenga wa Korea ya Ruguru, Kim Jong-un yavuze ko igihugu cye kiteguye ku mpande zombi haba inzira y’ibiganiro cyangwa…

- Advertisement -
Ad image