Uncategorized

Zambia: Umuyobozi wo ku rwego rwo hejuru yapfiriye mu ruzinduko rw’akazi mu Misiri

Umukuru w'Urwego rw'Ubucamanza rwa Zambia, Irene Chirwa Mambilima yapfiriye i Cairo mu Misiri aho yari ari mu ruzinduko rw'akazi, nk'uko…

Musanze: Covid-19 yazahaje ibikorwa by’abagore bakora ubukorikori

Abagore bakora ibihangano binyuze mu bukorikori mu Karere ka Musanze barataka igihombo batewe na Covid-19 kubera ko cyatumye abakerarugendo basuraga…

Ange Kagame yashyize hanze ifoto Perezida akina n’umwuzukuru we

Mu gihe isi yose yizihiza umunsi wahariwe ababyeyi b’abagabo, Umukobwa wa nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Ange Kagame yashyize hanze ifoto…

Minisitiri w’Intebe wa Israel yibasiye bikomeye Ebrahim Raisi uzayobora Iran

Minisitiri w’intebe wa Israel yavuze ko amahanga akwiye "gukanguka" nyuma y’itorwa ry’uzaba Perezida mushya wa Iran Ebrahim Raisi. Minisitiri w’intebe…

Gicumbi: Abatuye Bwisige barataka ubwigunge kubera kutagira imodoka itwara abagenzi

Abaturage bo mu Murenge wa Bwisige mu Karere ka Gicumbi bavuga ko kubera umuhanda udakoze neza nta modoka itwara abagenzi…

GS Ste Famille yirukanye abanyeshuri 20 mu bazokora ikizami cya Leta

Nyarugenge: Abanyeshuri bagera kuri 20 bo mwaka wa gatatu w'amashuri yisumbuye kuri Groupe Scolaire Sainte Famille birukanwe nyuma yo gukora…

- Advertisement -
Ad image