Uncategorized

Umugwizatunga Nkubiri yahamijwe icyaha cy’inyandiko mpimbano ariko ararekurwa

Umunyemari Nkubiri Alfred yahamijwe icyaha cyo gukoresha inyandiko mpimbano, ahanishwa gutanga ihazabu ya Miliyoni 3 Frw no gusubiza Leta amafaranga…

APR FC idatsinzwe na rimwe yegukanye igikombe cya Shampiyona cya 19, Lague yahise asezera

APR FC nyuma yo gutsinda Rutsiro FC ibitego 6-0 yegukanye igikombe cya shampiyona 2020-21 ni cya 19 iyi kipe itwaye…

Bidutera ipfunwe n’ikimwaro kubona hari bamwe muri twe bijanditse mu bwicanyi – Dr. Tuyishime

Umuyobozi w'ibitaro by'Akarere ka Nyanza, Dr.Tuyishime Emile yavuze ko bibatera ipfunwe kubona hari bamwe mu baganga bijanditse mu bwicanyi. Kuri…

Perezida Buhari  ntakigiye kwivuriza mu Bwongereza

Perezida  wa Nigeria Muhammadu Buhari yasubitse urugendo yari afite mu Bwongereza aho byari biteganyijwe ko ajya kwivuza guhera kuri uyu…

Gufasha uwahohotewe afite ubumuga bwo kutumva no kutavuga ni ingorabahizi ku bakozi ba Isange

Huye: Bamwe mu bakozi bakora muri Isange One Stop Center (ifite inshingano zo kwakira abahohotewe) bavuga ko bahura n’imbogamizi iyo…

Umuyobozi w’ishuri afunzwe akekwaho ubufatanyacyaha mu gusambanya abana

Muhanga: Umuvugizi w'urwego rw'igihugu rw'Ubugenzacyaha, Dr Murangira B.Thiery yavuze ko bakurikiranye Umuyobozi w'ishuri ryisumbuye ''GS Saint Etienne'' ushinjwa ubwinjiracyaha ku…

- Advertisement -
Ad image