Uncategorized

Umushoramari yasubijwe zimwe muri miliyoni ze yibwe amwe akabitswa Padiri

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwasubije umushoramari w'umunyamahanga amafaranga ye agera kuri miliyoni 771Frw yari yibiwe mu Rwanda. Kuri…

Umwami Mswati III ahanganye n’urubyiruko rwigaragambya rusaba guhindura Itegeko Nshinga

Inzego z'umutekano muri Eswatini yahoze ari Swaziland  zahanganye bikomeye n'abaturage bigaragambyaga basaba ko itegeko nshinga rivugururwa. Mu mpera z'Icyumweru gishize…

Sunrise FC na AS Muhanga zamanutse mu cyiciro cya kabiri

Shampiyona y’amakipe arwana no kutamanuka yasojwe, isiga AS Muhanga na Sunrise FC zimanutse mu cyiciro cya kabiri. AS Muhanga yari…

Babuwa Samson wakiniraga Kiyovu Sports yayisezeyeho ashobora kwerekeza muri Rayon

Nyuma y’umwaka akinira Kiyovu Sports, rutahizamu ukomoka muri Nigeria yasezeye kuri iyi kipe avuga ko byari byiza gukorana na bo.…

Urubyiruko rw’abakorerabushake baremeye umuryango w’uwarokotse Jenoside utagira aho uba

Karongi: Ni igikorwa bakoze nyuma yo gukora urugendo ndetse no gusura urwibutso rwa Gatwaro ruherereye mu Murenge wa Bwishyura, aho…

Ngoma: Abantu 11 bafashwe basengera mu ishyamba barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid 19

Abaturage bababonye basenga bitemewe ni bo batanze amakuru maze ubuyobozi bw’inzego z'ibanze burahagera busanga barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19.…

- Advertisement -
Ad image