Uncategorized

Amavubi y’abatarengeje imyaka 23 ntakitabiriye CECAFA izabera muri Ethiopia

Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryamaze gufata umwanzuro ko amakipe yagombaga guhagararira u Rwanda mu mikino ya CECAFA izaba…

Rusizi: Abagore bakoze igisa nk’imyigaragambyo bafata umucamanza mu mashati

*Bavuga ko hari ibikomerezwa bikingiye ikibaba ababibye amafaranga yabo Abagore basaga mirongo itanu bo mu Karere ka Rusizi kuri uyu…

Gicumbi: Ivuriro ryakoreraga mu biro by’Akagari ryabonye ahandi rizajya rikorera

*Bavuga ko bakeneye amashanyarazi Abaturage bo mu Kagari ka Nkoto mu Murenge wa Rutare bavuga ko bamaze igihe bivuriza mu…

Ruhango: Abasore n’inkumi batangiye urugendo rwo kujya mu ijuru n’amaguru

*Umwe yavuze ko yapfuye muri we hazukiramo undi muntu ku buryo uwo babona uvuga atari we *Bavuga ko bavuye mu…

Muhanga: Umuforomo avugwaho guha impapuro mpimbano abarwaye COVID-19 bagataha

*Uyu muforomo yavunitse ivi asimbutse igipangu ubwo yari agiye gufatwa Umuforomo mu Kigo Nderabuzima cya Kabgayi, akurikiranyweho inyandiko mpimbano zirimo…

Umuhanzi Mazimpaka Cadet yisunze Gahongayire mu ndirimbo nshya yise “Ndi amahoro”

Umuhanzi uhimbaza Imana, Mazimpaka Cadet yahuje imbaraga na Gahongayire Aline basohora indirimbo bise “Ndi amahoro” ihumuriza abantu baca mu bikomeye…

- Advertisement -
Ad image