Uncategorized

Rayon Sports muri uyu mwaka yinjiye mu isoko ryo kugura abakinnyi ihera kuri Mico Justin

Rayon Sports yamaze kwinjira ku isoko ry’igura n’igurishwa yasinyishije umukinnyi wa mbere, Mico Justin wakiniraga  Police FC imutanzeho miliyoni 10Frw.…

Urwibutso rutazibagirana – Hamida umugore wa Rwatubyaye yahishuye ko bagiye kubyara

Hamida wasezeranye na myugariro Rwatubyaye Abdul agiye kwibaruka ubuheture (umwana wa gatatu) akaba ari umwana azaba abyaranye n’uyu mukinnyi. Rwatubyaye…

Ntwari Fiacre wari intizanyo ya APR FC muri Marines yasinyiye gukinira AS Kigali

Umunyezamu wakiniraga  APR FC, Ntwari Fiacre yasinyiye ikipe ya AS Kigali imyaka ibiri aguzwe asaga miliyoni 8Frw. Kuri uyu wa…

Kigali: Pasiteri arakekwa gusambanya umwana w’imyaka 12

Pasiteri wo mu Itorero Inkuru Nziza aracyekwaho icyaha cyo gusambanya umwana w’umukobwa w'imyaka 12 wo mu Murenge wa Gitega mu…

Ishuri ryahagaritse kugaburira abanyeshuri bitegura ibizami bya Leta barifitiye umwenda

Nyabihu: Abanyeshuri biga mu mwaka w'amashuri yisumbuye mu ishuri rya Kibihekane TVET School riherereye mu Karere ka Nyabihu bitegura gukora…

Umuturage udashyigikiye aho Akarere kashyize ivomo yafashwe asenya ibyari byubatswe

Rusizi: Kuri uyu wa 13 Nyakanga 2021 ahagana isaa kumi n'imwe z'umugoroba, Ubuyobozi bw'Akagari ka Gitwa mu Murenge wa Mururu…

- Advertisement -
Ad image