Uncategorized

Ishuri ryigenga ryafashwaga n’umugiraneza agapfa ryeguriwe Leta

Muhanga: Ishuri ryigenga ry’abakobwa (Ecole Sécondaire Scientifique des Filles de Hamdun Bun Rachid) ryeguriwe ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga. Iri shuri…

Ibiciro by’amashanyarazi bigiye guhinduka

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko harimo gukorwa ivugururwa ry’ibiciro by’amashanyarazi bitigeze bihinduka kuva mu mwaka wa 2020, nk’imwe mu ngamba…

Loni ishinja Israel gukora Jenoside muri Gaza

Komisiyo y’Iperereza ku Burenganzira bwa Muntu y’Umuryango w’Abibumbye (Loni), yatangaje ko Israel yakoze Jenoside ku Banyapalestina batuye mu Ntara ya…

Musanze: Babiri bafatanywe inzoga yiswe ‘Muhenyina’

Abantu babiri bo mu Mirenge ya Muko na Muhoza mu Karere ka Musanze bari mu maboko ya Polisi y’u Rwanda…

Muhizi Anathole ukurikirana inzu ye yandikiye MINALOC

Muhizi Anathole wamenyekanye arega BNR kuri Perezida Paul Kagame yavuze ko nyuma yo kwandikira Perezida wa Sena ngo bamufashe kubona…

Perezida Trump agiye kurega ikinyamakuru

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko agiye kurega ikinyamakuru New York Times agishinja kumusebya no…

- Advertisement -
Ad image