Uncategorized

Sam Karenzi agiye kujyana Super Manager muri RIB

Umuyobozi wa Radio, SK FM akaba n’umunyamakuru w’imikino, Sam Karenzi, arateganya kujya kurega Gakumba Patrick uzwi nka “Super Manager” mu…

Abafana ba APR baremeye Jangwani wagaruwe mu nshingano ze

Nyuma y’inama yahuje ubuyobozi bw’ikipe y’Ingabo n’abafana ba yo, bahise bashyiraho gahunda yo gutangira kwegeranya ubushobozi bwo kuzasura Mugisha Frank…

Ubuyobozi bwizeje gukemura ikibazo by’abaturage bafite ubutaka bwabaruwe nk’igishanga

Nyamasheke: Hari baturage 500 bo mu murenge wa Rangiro muri Nyamasheke bagaragaje ko nta byangombwa by’ubutaka bwabo bafite kubera ko…

Burera: Hagiye kubera igiterane kizafashirizwamo abatishoboye

Mu Karere ka Burera mu Ntara y’Amajaruguru hagiye kubera igiterane kidasanzwe mu ivugabutumwa cyatumiwemo umuhanzi Theo Bosebabireba, gifite intego yo…

UCI yahinyuje abibwira ko Africa itakwakira amarushanwa akomeye – Perezida Kagame

Ibihugu 108, abaturage barenga miliyoni 300 ku isi bahanze amaso u Rwanda kubera isiganwa ry'amagare ririmo kubera i Kigali, Perezida…

AS Kigali yabonye umutoza mushya

Nyuma yo gutandukana na Guy Bakila wari umutoza wungirije, AS Kigali yungutse Nyandwi Idrissa nk’umutoza wongerera imbaraga abakinnyi (fitness coach).…

- Advertisement -
Ad image