Uncategorized

Breaking: Kabila wabaye Perezida wa Congo yahanishijwe kwicwa

Urukiko Rukuru rwa gisirikare muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, rwahamije ibyaha Joseph Kabila wabaye Perezida w'icyo gihugu, rumuhanisha igihano…

RRA yafashe ibitenge bifite agaciro ka miliyoni 18Frw byinjiye mu gihugu bidasorewe

Ikigo cy’Imisoro n'Amahoro (RRA) cyaburiye abakomeza kwishora mu bikorwa bya magendu kuko bituma habaho kunyereza imisoro, bikabangamira ihatana risesuye mu…

Niyomugabo Claude yasabye abakunzi ba APR FC kudakangwa na Pyramids

Kapiteni w’ikipe y’Ingabo, Niyomugabo Claude, yasabye abakunzi b’iyi kipe gushyira umutima hamwe bakabizeraho kuzatsinda Pyramids FC yo mu Misiri mu…

UPDATE: Aimable Karasira bita Prof. Nigga yahanishijwe imyaka 5 y’igifungo

Urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n'ibyambukiranya imbibi rufite icyicaro i Nyanza mu ntara y'Amajyepfo y'u Rwanda rwahanishije Aimable Karasira…

Muhanga: Akarere kasobanuye impamvu amavuriro y’ibanze yeguriwe abikorera

Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga, bwagaragaje impamvu bweguriye amavuriro y'ibanze abikorera n’inyungu bifitiye abaturage. Visi Meya Ushinzwe Imibereho myiza y’abaturage mu…

Inkuba yatwaye ubuzima bw’umuntu

Rusizi: Inkuba yakubise umusore w’imyaka 21 y’amavuko wasoromaga icyayi, byabaye ku wa Mbere. Umusore witwa Nshimiyimana Janvier w’imyaka 21 y’amavuko,…

- Advertisement -
Ad image