Uncategorized

Ntabwo ari twe twikorera, dukora kugira ngo tugeze byinshi ku bandi – Perezida Kagame

Perezida Kagame yabwiye abayobozi barahiriye inshingano muri Guverinoma, ko icyo gikorwa atari umuhango gusa ahubwo bigomba gukurikirwa n'ibikorwa bikorerwa Igihugu…

Impaka ku cyaha gikwiye kuregwa Umucungagereza “wibye amafaranga umuyobozi we”

*Yemera ko yibye miliyoni imwe n'ibihumbi makumyabiri na bitanu (Frw1,025,000) *Yabwiye urukiko ko ayo mafaranga yose ubu yayishyuye, asaba kurekurwa…

Mangwende na Manzi Thierry bageze mu mwiherero w’Amavubi

Myugariro w’ibumoso w’ikipe y’Igihugu, Amavubi na AEL Limassol yo muri Chypre na myugariro wo hagati, Manzi Thierry ukinira Al Ahli…

Nyamasheke: Ubuyobozi bufite gahunda yo kubaka uruganda rw’amazi

Hirya no hino mu turere tw’igihugu hakunze kumvikana abaturage bavuga ko hari ubwo bamara igihe kirekire badafite amazi meza imiyoboro…

M23 yagaragaje ko yinjije abakomando bashya barenga 9000

Umutwe witwaje intwaro wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo watangaje ko wungutse abarwanyi kabuhariwe bashya 9350…

- Advertisement -
Ad image