Uncategorized

Polisi yafashe abakekwaho gucuruza urumogi

Muhanga: Polisi y'u Rwanda ikorera mu ntara y'Amajyepfo iratangaza ko yafashe abakekwaho gucuruza urumogi no kurukwirakwiza. Mu ijoro  ryo kuwa…

Abanyamerika bajyanye mu nkiko Leta ya Congo

Sosiyete y’Abanyamerika ikora ibijyanye n’ikoranabuhanga mu by’imari (fintech) yajyanye mu nkiko Repubulika ya Demokarasi ya Congo, iyishinja ruswa no kutubahiriza…

Sheikh Bahame Hassan yafunguwe by’agateganyo

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamata rwategetse ko Sheikh Bahame Hassan, wari umaze iminsi afunzwe, arekurwa by’agateganyo agakurikiranwa ari hanze. Uwo mwanzuro…

Igiciro fatizo cy’ikawa y’igitumbwe cyageze kuri 750 Frw ku kilo

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere iyoherezwa mu mahanga ry’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi (NAEB) cyatangaje ko igiciro fatizo ku kilo cy’ikawa…

Ndikumana Asman yafatiwe ibihano

Umutoza wa Rayon Sports, Bruno Ferry, yerekeje iwabo mu Bufaransa aho yagiye kwita ku mubyeyi we urwaye, ariko asiga ahagaritse…

APR FC yasangiye n’abakomeye nyuma yo kugarika Rayon Sports

Nyuma yo utsinda Rayon Sports ibitego 4-1 mu mukino wa Super Coupe 2025, abakinnyi b’ikipe y’Ingabo basangiye n’Umugaba Mukuru w’Ingabo…

- Advertisement -
Ad image