Uncategorized

Israel na Hamas barasinya amasezerano imbere y’Abategetsi barenga 20

Abakuru b'ibihugu na za Guverinoma, ba Minisitiri b'Ububanyi n'Amahanga barenga 20 barahurira mu Misiri mu mujyi wa Sharm el-Sheikh, mu…

Kaminuza yitwa Hubbard College of Administration yatangije ishami ryayo i Kigali

Ibyasaga n’inzozi ubu byabaye impamo, Kaminuza yitwa Hubbard College of Administration, HCA yatangije ishami ryayo i Kigali aho ifite intego…

Abanyarwanda basabwe gufatanya guteza imbere umwana w’umukobwa

Abanyarwanda bibukijwe ko umwana w’umukobwa agomba kwitabwaho nk’umuhungu; basabwa ubufatanye mu kurwanya ihohoterwa rimukorerwa, imirimo ivunanye n’ibindi byaha. Babisabiwe mu…

Tshisekedi ati “Keretse nibanyica”, ibiganiro n’intumwa z’uwaduteye ntibizabaho

Perezida Felix Tshisekedi abatavuga rumwe na we bamushinje gupfukama i Buxelles asaba ibiganiro Perezida Paul Kagame, yavuze ko ibyo akora…

Abasirikare barashinjwa gufata ubutegetsi muri Madagascar

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu muri Madagascar byavuze ko umugambi wo guhirika ubutegetsi bikozwe n’itsinda rya bamwe mu basirikare ukomeje. Abo mu…

Abasirikare biyunze n’abaturage mu myigaragambyo yo ‘kwamagana’ Perezida

Umwuka mubi wa politiki ukomeje gututumba mu Gihugu cya Madagascar, nyuma y'uko bamwe mu basirikare biyunze n’urubyiruko rw'aba 'Gen-Z' mu…

- Advertisement -
Ad image