Uncategorized

Abantu 11 baregwa gucukura amabuye y’agaciro bitemewe barashinjana

Urukiko rw'ibanze rwa Busasamana mu karere ka Nyanza rwaburanishije abantu 11 ifungwa n'ifungurwa ry'agateganyo, baregwa gucukura amabuye y'agaciro bitemewe n'amategeko.…

Kaminuza y’u Rwanda igiye gushyira ku isoko ry’umurimo abarenga ibihumbi 9

Kaminuza y'u Rwanda mu mashami yayo yose igiye guha impamyabumenyi zisoza ibyiciro bitandukanye by’amasomo, abanyeshuri 9,529, umubare munini ugereranyije n'abandi…

EAR yikomye abari mu kiruhuko cy’izabukuru bivanga mu mikorere y’Itorero

Itorero Angilikani ry’u Rwanda (EAR) ryatangaje ko rihangayikishijwe n’imyitwarire ya bamwe mu bahoze mu nshingano z’ubuyobozi mu Itorero bari mu…

Umunyamahirwe yateze imikino itanu itsindira hafi miliyoni y’amafaranga y’u Rwanda

Mu gihe kingana n’amasaha make ku itariki 10 Ukwakira, uyu munyamahirwe yanditse amateka mashya atsindira Frw 989,500 yateze Frw 50,000.…

Raila Odinga yapfuye

Raila Odinga wabaye Minisitiri w’Intebe wa Kenya akiyamamariza no kuyobora icyo Gihugu nka Perezida inshuro eshanu, yitabye Imana ku myaka…

- Advertisement -
Ad image