Uncategorized

Ubuhamya bwa Nzabarinda wakungahajwe n’ubuhinzi

Nzabarinda Isaac, umuhinzi akaba n’umutubuzi w’imbuto y’ibirayi wo mu Karere ka Burera, avuga ko ubuhinzi butakiri umurimo w’abatagira icyo bawukuramo,…

Impanuka y’imodoka yahitanye abarenga 60

Abantu 63 bikekwa ko ari bo bapfiriye mu mpanuka y'imodoka enye zagonganye muri Uganda, ku muhanda Kampala - Gulu. Mu…

Imbamutima z’urubyiruko rw’i Nyaruguru rworora inkoko

Urubyiruko rwo mu Karere ka Nyaruguru rwibumbiye muri Koperative “Abahigira Kwesa Imihigo” rwemeza ko uretse gutezwa imbere n’ubworozi bw’inkoko zitanga…

Rtd. Col Rugangazi yakize igihombo amaze gushyira ibihingwa n’amatungo mu bwishingizi

Kayonza: Rtd. Col Rugangazi Evariste kuri ubu wiyeguriye umwuga w’ubuhinzi n’ubworozi hamwe na bagenzi be, bagaragaje inyungu  ziri mu bwishingizi…

Umunyamahirwe yateze Frw 200 atsindira hafi miliyoni 1.4Frw

UMUNYAMAHIRWE UTANGAJE YATEZE 200 KU BIKUBO BYA 2.00 & 3.00 ATSINDIRA 1,367,725RWF Birashoboka ko umutima we wikanze akibona ko yatsindiye…

Ishuri ryigisha Ikidage, GERMAN LANGUAGE ACADEMY ryagabanyije ibiciro uku kwezi

DER SPRACHEN HUB | GERMAN LANGUAGE ACADEMY ishuri ryigisha Ururimi rw'Ikidage ryatangaje igabanya ry'igiciro mu buryo budasanzwe ku masomo y'Ikidage…

- Advertisement -
Ad image