Uncategorized

Sifa Gloria wakiniye Amavubi y’Abagore yahawe inshingano muri FERWAFA

Nibagwire Sifa Gloria wakiniye Amavubi y’Abagore n’amakipe arimo AS Kigali WFC, yagizwe umwe mu bagize Komisiyo Ishinzwe Iterambere ry’Umupira w’Amaguru…

Urubyiruko rw’Ishyaka Green Party rwasabwe kwitondera imbuga nkoranyambaga

Urubyiruko rw’ishyaka Green Party Rwanda rwasabwe gukoresha imbuga nkoranyambaga mu buryo bwiza, birinda kuzigiraho ingeso zibashora mu biyobyabwenge, uburaya n’ubusinzi,…

FERWAFA yahaye umugisha ubusabe bw’Abanya-Sudan

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, Ferwafa, ryemeje ko amakipe atatu yo muri Sudan, yakiriwe kandi yemerewe gukina shampiyona y’u Rwanda…

Biteye urujijo – Uregwa kunyereza umutungo, “dosiye ye yajemo kwakira amafaranga y’amahimbano”

Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga, rwanzuye mu bujurire ku ifunga n'ifungurwa by'agateganyo ko umucungagereza uregwa kunyereza umutungo wa Leta, we akavuga…

Huye: Hatashywe ikigo cy’urubyiruko cyitezweho kuruzamurira impano

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko, Sandrine Umutoni, yasabye urubyiruko rwo mu Karere ka Huye kubyaza amahirwe ibikorwa remezo bahabwa…

- Advertisement -
Ad image