Uncategorized

Mu mezi atatu abantu 53 bishwe n’impanuka mu Ntara y’Amajyepfo

Kamonyi: Umuvugizi wa Polisi, ACP Rutikanga Boniface avuga ko mu mezi 3 ashize impanuka zo mu Muhanda zahitanye abaturage 53…

Urukiko rwemeje ko umwarimu wa Kaminuza y’u Rwanda afungwa by’agateganyo

Urukiko rw'ibanze rwa Busasamana mu karere ka Nyanza rwategetse ko umwarimu muri Kaminuza y'u Rwanda witwa Docteur Theophile Mugirwa uregwa…

Perezida wa Israel yakoze uruzinduko rw’amasaha make i Kinshasa

Perezida wa Leta ya Israel, Isaac Herzog yagiriye uruzinduko rw’amasaha make i Kinshasa aganira na Perezida Antoine Felix Tshisekedi. Urugendo…

Cristiano Ronaldo yatangaje igihe azahagarikira ruhago

Rutahizamu wa Al-Nassr yo muri Arabie Saoudité n’ikipe y’Igihugu ya Portugal, Cristiano Ronaldo dos Santos Aveiro, yemeje ko mu gihe…

Inzu y’umuturage yahiye irakongoka

Nyamasheke: Inzu y’umuturage witwa Kabagwira Selaphine yafashwe n’inkongi y’umuriro irashya irakongoka n’ibyari biyirimo byose, bifite agaciro ka Miliyoni 3,2Frw. Byabaye…

Musanze: Abarira ibisheke n’ibigori mu muhanda bihanangirijwe

Ubuyobozi bw’Akarere ka Musanze bwongeye kwihanangiriza abaturage bagifite ingeso yo kurira ku mihanda ibiribwa bitandukanye birimo ibisheke, ibigori n’ibindi, bakajugunya…

- Advertisement -
Ad image