Ubuzima

Ibitaro bya Kabgayi n’ibya Remera Rukoma bifitiwe umwenda wa miliyoni 200Frw

Amajyepfo: Bamwe mu baturage bivuza nta bwisungane mu kwivuza bafite, babereyemo Ibitaro bya Kabgayi ndetse n’ibya Remera Rukoma umwenda w'asaga…

Ibibazo byo mu mutwe biterwa n’ikoreshwa ry’inzoga n’ibiyobyabwenge byariyongereye

Imibare itangwa n'inzego z’ubuzima mu Rwanda, igaragaza ko umubare w’Abanyarwanda bafite ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe wagabanutse, ariko ibiterwa n’ikoreshwa…

Abahinga mu bishanga barasabwa gucika ku kwituma ku gasozi

Abahinga mu bishanga barasabwa kwigengesera, bakirinda kwituma ku gasozi no gukoresha umwanda wo mu musarane nk’ifumbire, kuko bishobora kubanduza indwara…

Ubushera banyoye mu birori bwabateye kujya mu bitaro

Nyanza: Abantu banyoye ubushera mu birori barwariye mu bitaro, Polisi ivuga ko hafashwe ibipimo kugira hamenyekane icyari muri ubwo bushera.…

Ngoma: Bibukijwe ko kurumwa n’imbwa biganisha ku rupfu

Abanyeshuri bo mu Karere ka Ngoma basabwe kwirinda kurumwa n’imbwa, kuko urumwe na yo bimutera ibyago byo kwandura indwara y'ibisazi…

- Advertisement -
Ad image