Amajyepfo: Bamwe mu baturage bivuza nta bwisungane mu kwivuza bafite, babereyemo Ibitaro bya Kabgayi ndetse n’ibya Remera Rukoma umwenda w'asaga…
Imibare itangwa n'inzego z’ubuzima mu Rwanda, igaragaza ko umubare w’Abanyarwanda bafite ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe wagabanutse, ariko ibiterwa n’ikoreshwa…
Abahinga mu bishanga barasabwa kwigengesera, bakirinda kwituma ku gasozi no gukoresha umwanda wo mu musarane nk’ifumbire, kuko bishobora kubanduza indwara…
Nyanza: Abantu banyoye ubushera mu birori barwariye mu bitaro, Polisi ivuga ko hafashwe ibipimo kugira hamenyekane icyari muri ubwo bushera.…
Abanyeshuri bo mu Karere ka Ngoma basabwe kwirinda kurumwa n’imbwa, kuko urumwe na yo bimutera ibyago byo kwandura indwara y'ibisazi…
Sign in to your account