Ubutabera

Muhanga: Abagabo bane bari kubazwa aho bakuye imitungo

Ubushinjacyaha bwashyikirije Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga, dosiye y’abagabo bane bushinja kudasobanura inkomoko y’umutungo bafite. Mu bari bahagaze imbere y’Urukiko harimo…

Moses Turahirwa yasabwe gusobanura icyamuteye kwiyita umugore kandi ari umugabo

Urubanza rwa Moses Turahirwa washinze inzu ihanga imideli ya (Moshions) yireguye ku byaha aregwa birimo gukoresha ibiyobyabwenge no gukoresha inyandiko…

Updated: RIB yafunze umugabo n’umugore we bakurikiranyweho kwica abantu

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze Ndayisaba Félicien n’umugore we, Imanishimwe Rebecca bakurikiranyweho kwica abantu batatu. Ni umuryango utuye mu Murenge wa…

Hagaragajwe ko hari imvugo zitsikamira uburenganzira bwa muntu

Abantu benshi ntibajya bita kuri zimwe mu mvugo zigaragaza ubuhake cyane ko abakurikiranira hafi iby'iyubahirizwa ry'uburenganzira bwa muntu n'ubutabera, bagaragaza…

Kigali – Amayeri y’umugororwa washatse gutorokera mu bwiherero bw’urukiko

Umuvugizi w’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Igorora (RCS), CSP Sengabo Hillary Emmanuel, yavuze ko umugororwa wagerageje gucikira mu bwiherero bw'Urukiko rwisumbuye…

RIB yafashe abasore bakekwaho kubeshya abakobwa akazi no kubasambanya

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB) rwagaragaje mu itangazamakuru abasore bakurikiranweho gushukisha abakobwa akazi, bakabambura ibyabo bakanabasambanya ku gahato. Iki gikorwa cyabereye…

- Advertisement -
Ad image