INKURU ZO MU NTARA

Gitifu arashinjwa gutema umuturage

Ruhango: Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Buhanda, ko mu Murenge wa Bweramana, witwa Nsabyamahoro Egide, arashinjwa gukomeretsa umuturage amutemesheje umuhoro. Ngwije…

Impanuka mbi cyane muri Kirehe – Polisi irasaba abatwara amakamyo kuruhuka

Mu Karere ka Kirehe, mu Murenge wa Gatore habereye impanuka y'ikamyo yahitanye ubuzima bw'umuntu. Iyi mpanuka yabaye mu ijoro ryo…

Hasobanuwe uko abantu muri ino minsi bagwa mu cyaha cy’icuruzwa ry’abantu

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangije ubukangurambaga bwo ku rwanya icyaha cy’icuruzwa ry’abantu, no gushakira inyungu ku bandi, mu byagarutsweho ni impamvu…

Inzu ya Nyirabahinzi yenda kumugwaho – imvura iyo iguye arahunga akugama hanze

Abaturage bo mu mudugudu wa Karambo, akagari ka Shagasha umurenge wa Gihundwe, baratabariza umturanyi wabo witwa Nyirabahinzi Laurence w’imyaka irenga…

Urubyiruko rw’i Burera rwasabwe kurya akagabuye

Urubyiruko rwo mu Karere ka Burera, by’umwihariko abatuye mu Mirenge ikora ku mupaka, rwakanguriwe gutungwa n’ibyo rwavunikiye aho kwishora mu…

Nyamagabe: Abagize JADF basabwe gushyira umuturage ku isonga

Abagize Ihuriro ry'Abafatanyabikorwa mu Iterambere ry'Akarere ka Nyamagabe (JADF Nyamagabe) basabwe n'ubuyobozi bw'ako Karere gutuma ibyo bakora bihindura ubuzima bw'umuturage…

- Advertisement -
Ad image