INKURU ZO MU NTARA

Abize imyuga n’ubumenyingiro basabwe kuba abashoboye bashobotse

Abize imyuga n’ubumenyingiro mu ishuri rya Lycée de Ruhango Ikirezi basabwe kuzarangwa n'ikinyabupfura no kwanga umugayo, bakazirikana ko umunyeshuri arererwa…

Umusaza yarohamye mu mugezi

Ruhango: Murwanashyaka Ananias w’Imyaka 74 y’amavuko yarohamye mu mugezi wuzuye bamukuramo yapfuye. Murwanahyaka Ananias yari atuye mu Mudugudu wa Ruhanama,…

Inkuru ibabaje y’umugore n’abana be bagizweho ingaruka zikomeye n’ibiza

Kamonyi: Mukamana Janvière wo mu Murenge wa Nyarubaka yabwiye UMUSEKE ko ibiza byamusanze iwe bishaka kumwica arokora ubuzima bisiga bishenye…

Guteza imbere abatuye mu cyaro ni byo bidushishikaje- Meya Nkusi

Umuyobozi w’Akarere ka Ngororero, Nkusi Christophe, yabwiye UMUSEKE ko bashishikajwe no guteza imbere ibice by’icyaro, umujyi ukaza ukurikiraho. Uyu muyobozi…

Rubavu: Basobanuriwe ko Umunyarwanda atari igicuruzwa

Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha RIB rwasobanuriye abaturage bo mu Karere ka Rubavu ko ubucuruzi bw'abantu ari icyaha gikomeye gihanwa n'amategeko, kandi…

Bibaza icyo imisanzu y’abazamu bacibwa imara mu gihe Isoko ryabo bibwa, bakanaryitumamo

Nyamasheke: Abakorera ubucuruzi mu isoko rya Bushenge ryo mu murenge wa Bushenge barinubira ko batanga amafaranga y’umusanzu w’abazamu barinda isoko,…

- Advertisement -
Ad image