INKURU ZO MU NTARA

Inkuru y’umwana wahoraga ashaka kumenya Se yarangiye mu marira

Umwana w’imyaka 12 yasanzwe mu mugozi amerewe nabi, abamutabaye bamujyanye kwa muganga apfa akigera ku Kigo Nderabuzima. Byabereye mu Karere…

Rulindo: Green Party igiye kwegera abarwanashyaka bayo mu mirenge

Ishyaka rya Green Party Rwanda ryahuguye abayobozi baryo ku rwego rw’Akarere ka Rulindo, bategurirwa kujya guhugura bagenzi babo bo ku…

Rubavu: Hari gutunganywa “site” z’imiturire zisaga 80

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu mu Ntara y’Iburengerazuba buratangaza ko hari gutunganywa "site" zirenga 80 zitezweho kunoza imiturire, gucunga neza ubutaka…

Ubusinzi bukabije n’ubujura birateza amakimbirane mu muryango

Rusizi: Ubusinzi bukabije n’ubujura ngo niyo ntandaro y’amakimbirane no kwamburana ubuzima bivugwa mu murenge wa Nkungu. Hari bamwe mu baturage…

Kamonyi: Urubyiruko rwahawe ibikoresho by’imyuga nyuma yo kuvanwa mu mirimo mibi

Urubyiruko rwo mu mirenge ya Gacurabwenge na Mugina yo mu Karere ka Kamonyi, rwavanywe mu mirimo mibi ikoreshwa abana rurashimira…

Nyabihu: Abaturage barenga ibihumbi 56 bari kugezwaho amazi meza

Abaturage barenga ibihumbi 56 batuye mu mirenge itanu y’Akarere ka Nyabihu batangiye kubona amazi meza bayakesha umuyoboro w'amazi wa kilometero…

- Advertisement -
Ad image