INKURU ZO MU NTARA

Umurambo w’umukobwa wajyanywe iwabo w’umusore “wamuteye kwiyahura”

Buri buke ngo habe Umunsi w'abakundanye uzwi nka St. Valentin, mu Karere ka Gatsibo habaye inkuru idasanzwe, umukobwa ukomoka mu…

UPDATE: Umugeni wari ugiye gusezerana yishwe n’impanuka

Rulindo: Impanuka y'imodoka yahitanye umugeni wari ugiye gusezerano nk'uko ubuyobozi bwabibwiye UMUSEKE. Iyi mpanuka yabaye kuri uyu wa Gatandatu mu…

Bugesera: Bibukijwe ko agakingirizo ari ingabo ikingira kwandura SIDA

Abatuye Akarere ka Bugesera bibukijwe ko icyorezo cya SIDA kigihari, aho urubyiruko n’abakuze bakanguriwe gukomeza gukoresha agakingirizo kugira ngo bayirinde…

GUKOSORA: Hari imbogamizi ku mafaranga asabwa abakomerekejwe batishoboye

Ngororero: Bamwe mu bahesha b’Inkiko batari ab’umwuga babwiye Abasenateri ko abakorewe ihohoterwa, (gukomeretswa) batishoboye bajya bahabwa ibipimo byo kwa Muganga ku…

Umwana we yatewe ubumuga bukomatanye n’umuturanyi “wamutsindagiye mu bwiherero”

Rusizi: Arasaba ubufasha bwo kuvuza umwana we, no kwita ku bandi 6 afite, nyuma yo gusigara iheru heru avuza umwana…

Ruhango: Barashimira umushinga wabahinduriye ubuzima

Imwe mu miryango yo mu Murenge wa Byimana irashima ko itakigorwa no kubona amazi n’ibicanwa, nyuma yo guhabwa ibigega bifata…

- Advertisement -
Ad image