Uruganda rwa Volkswagen ruteranya imodoka mu Rwanda, kuri uyu wa 24 Werurwe 2026, rwatangaje ko ruzakomeza gukorera mu Rwanda ndetse…
Hashize igihe Equity Bank Rwanda itaka ubujura bw’ikoranabuhanga ndetse kuri ubu abantu batandatu bafite ubwenegihugu bwa Uganda, bari mu bakurikiranyweho…
Amin Miramago yagizwe Umuyobozi Mukuru w'Urugaga rw'Abikorera mu Rwanda, PSF, asimbuye Stephen Ruzibiza, wari muri izo nshingano kuva mu 2015.…
Minisitiri w’Intebe, Dr Justin Nsengiyumva, yasabye abayobozi batandukanye guharanira gukorera mu bwuzuzanye n’ubufatanye, abibutsa ko bakorera Abanyarwanda. Ni ibyagarutsweho kuri…
Joseph Kabila Kabange wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019 yavuze ko ibihe…
Perezida Kagame yifurije Abayisilamu bo mu Rwanda no ku Isi hose kugira Ilayidi nziza yizihijwe kuri uyu wa 20 Werurwe…
Sign in to your account