Imyidagaduro

Gloria Bugie yongeye kunyeganyeza imbuga nkoranyambaga

Umunyarwandakazi Gloria Bugie ukorera umuziki muri Uganda, yateje ururondogoro muri icyo gihugu nyuma yo gushyira hanze amashusho y'indirimbo ye ya…

Bruce Melodie yahamije kuzengurukana igihugu na The Ben

Umuhanzi Bruce Melodie yahamije ko we na The Ben bagiye kuzenguruka igihugu mu bitaramo byiswe ‘2026 Summer Country Tour’. Ibi…

Lynda Priya yasabwe aranakobwa

Uwankusi Nkusi Lynda, wamamaye nka Lynda Priya muri sinema y’u Rwanda, yasabwe anakobwa na Irenge Christian bari bamaze igihe mu…

Bazongere agiye kugenda Kigali-Nyagatare n’amaguru

Bazongere Rosine, ku wa Kane tariki 12 Gashyantare 2026, aratangira urugendo n’amaguru rw’ibirometero 160, ava mu Mujyi wa Kigali ajya…

Lisaa yashyize hanze amashusho y’indirimbo “Ig Post”

Umuhanzikazi Teta Cyuzuzo Liza (Lisaa) yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise ‘IG Post’, avuga ko byamutwaye igihe kinini n’imbaraga…

Javanix yishimiye gukorana indirimbo na Mr Nice-VIDEO

Umuhanzi Nyarwanda, Javanix, ukomeje kwagura imbibi z'ibihangano bye, yishimiye gukorana indirimbo na Lucas Mkenda wamamaye nka Mr. Nice, umwe mu…

- Advertisement -
Ad image