Imikino

Izina “Kwizera Olivier” ryateje impagarara mu banyamupira

Nyuma y’uko hatangajwe urutonde rw’abakinnyi 31 bahamagawe mu ikipe y’Igihugu, Amavubi, bagomba kujya mu mwiherero utegura FIFA Series 2026, izina…

Hakim Sahabo yagarutse mu Amavubi yitegura FIFA Series

Umukinnyi wa AEK Athens FC, Hakim Sahabo yongeye guhamagarwa mu ikipe y’Igihugu, Amavubi nyuma yo kumaraga igihe adahamagarwa. Urutonde rw’abakinnyi…

Umunyamahirwe azegukana imodoka muri FIFA Series 2026

Ubuyobozi bw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, bwatangaje ko mu bazitabira imikino y’irushanwa rya FIFA Series 2026 rizabera i Kigali…

Abayovu ntibemeranya n’Umujyi wa Kigali ku cyemezo cyo kuvanga Kiyovu n’izindi

Umuvugizi w’ikipe ya Kiyovu Sports akaba n’umuyobozi w’abafana n’abakunzi ba Kiyovu Sports, Minani Hemedi, yamaganye icyifuzo cy’Umujyi wa Kigali cyo…

Perezida Kagame na Madamu we bitabiriye isozwa rya ‘ATP Challenger’

Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame, na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye umukino wa nyuma w’irushanwa rya Tennis ryitwa ‘ATP Challenger 100’, warangiye…

Al-Hilal SC yahaye ubwasisi abakunzi ba ruhago

Nyuma yo kunganya na RS Berkane igitego 1-1 mu mukino ubanza wa ¼ muri CAF Champions League wabereye muri Maroc,…

- Advertisement -
Ad image