Amakuru aheruka

Ibibazo byo mu mutwe biterwa n’ikoreshwa ry’inzoga n’ibiyobyabwenge byariyongereye

Imibare itangwa n'inzego z’ubuzima mu Rwanda, igaragaza ko umubare w’Abanyarwanda bafite ibibazo by’ubuzima bwo mu mutwe wagabanutse, ariko ibiterwa n’ikoreshwa…

Abahinga mu bishanga barasabwa gucika ku kwituma ku gasozi

Abahinga mu bishanga barasabwa kwigengesera, bakirinda kwituma ku gasozi no gukoresha umwanda wo mu musarane nk’ifumbire, kuko bishobora kubanduza indwara…

U Rwanda rwareze u Bwongereza

U Rwanda rwajyanye u Bwongereza mu rukiko kugira rutegeke icyo Gihugu kwishyura miliyoni 50 z'Amapawundi kubwo guhagarika amasezerano yari gutuma…

Wazalendo na FARDC barwanye

Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zasakiranye n'abarwanyi bo mu Ihuriro rya Wazalendo basanzwe bafatanya mu bikorwa bya gisirikare…

Nyabihu: Abaturage barenga ibihumbi 56 bari kugezwaho amazi meza

Abaturage barenga ibihumbi 56 batuye mu mirenge itanu y’Akarere ka Nyabihu batangiye kubona amazi meza bayakesha umuyoboro w'amazi wa kilometero…

Kigali: Mu 2024 abarenga ibihumbi 70 basabye ibyangombwa byo kubaka

Meya w’Umujyi wa Kigali, Dusengiyumva Samuel, yatangaje mu mwaka wa 2024, abatuye uyu Mujyi bagera ku bihumbi 80 basabye ibyangombwa…

- Advertisement -
Ad image