Amakuru aheruka

Kabagali: Basuye Ingoro y’amateka y’urugamba rwo guhagarika Jenoside batahana ingamba

Abakozi b'Umurenge wa Kabagali wo mu Karere ka Ruhango basuye Ingoro y’Amateka y’Urugamba rwo Guhagarika Jenoside iri mu Ngoro y'Inteko…

Lisaa yashyize hanze amashusho y’indirimbo “Ig Post”

Umuhanzikazi Teta Cyuzuzo Liza (Lisaa) yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise ‘IG Post’, avuga ko byamutwaye igihe kinini n’imbaraga…

Abakozi b’umurenge wa Shyogwe bagiye gukodesherezwa inzu yo gukoreramo

Muhanga: Ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga buvuga ko bugiye gukodesha indi nyubako igezweho abakozi b’Umurenge bazakoreramo, kuko ibiro byabo bishaje cyane.…

Rulindo: Umukozi ushinzwe ubuhinzi akurikiranweho icyaha gikomeye

Umukozi ushinzwe ubuhinzi n’ubworozi mu Murenge wa Tumba, Akarere ka Rulindo arafunze bivugwa ko akekwaho gusambanya umwana. Amakuru UMUSEKE wamenye…

Hatangijwe urubuga ruzafasha abaturage kugaragaza ibibazo byabo mu ibanga

Mu Rwanda, hatangijwe igerageza ry’urubuga rwiswe Mbaza rugiye kujya rufasha abaturage kugeza ibyifuzo n’ibibazo byabo ku buyobozi, badahuye nabo hifashishijwe…

Ibitaro bya Kabgayi n’ibya Remera Rukoma bifitiwe umwenda wa miliyoni 200Frw

Amajyepfo: Bamwe mu baturage bivuza nta bwisungane mu kwivuza bafite, babereyemo Ibitaro bya Kabgayi ndetse n’ibya Remera Rukoma umwenda w'asaga…

- Advertisement -
Ad image