Amakuru aheruka

LONI ihangayikishijwe n’ibibera muri Sudani y’Epfo

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, yavuze ko ahangayikishijwe n'ibikorwa by'urugomo bikomeje kubera muri Sudani y’Epfo aho abaturage barenga miliyoni…

Rubavu: Hari gutunganywa “site” z’imiturire zisaga 80

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu mu Ntara y’Iburengerazuba buratangaza ko hari gutunganywa "site" zirenga 80 zitezweho kunoza imiturire, gucunga neza ubutaka…

Rwanda: Abarenga miliyoni 2 bivuza indwara z’ubuhumekero buri mwaka

Buri mwaka, abantu barenga miliyoni ebyiri mu Rwanda bivuza indwara z'ubuhumekero, aho usanga zikunze gusuzugurwa no kutitabwaho nubwo ziri mu…

REG yateguje ibura ry’amashanyarazi mu bice byinshi by’igihugu

Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe Ingufu (REG) yateguje abafatabuguzi bayo ko, kubera imirimo yo kwagura imwe mu miyoboro yayo, hazabaho ibura…

Ruhago y’Abagore: AS Kigali ikomeje kubisikana n’intsinzi

Mu gihe Shampiyona y’Abagore y’Icyiciro cya Mbere y’Umupira w’Amaguru igeze ku munsi wa yo wa 15, AS Kigali WFC iterwa…

Bruce Melodie yahamije kuzengurukana igihugu na The Ben

Umuhanzi Bruce Melodie yahamije ko we na The Ben bagiye kuzenguruka igihugu mu bitaramo byiswe ‘2026 Summer Country Tour’. Ibi…

- Advertisement -
Ad image