Amakuru aheruka

Haruna Niyonzima yasezeye ruhago

Nyuma y’imyaka isaga 20 ahamagarwa mu kipe y’Igihugu, Amavubi, Niyonzima Haruna yatangaje ko yamaze gusezera ruhago nk’uwabigize umwuga. Haruna mu…

Ibihano bya Amerika kuri RDF bibogamiye ku ruhande rumwe – Guverinoma

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko ibihano Leta Zunze Ubumwe z’Amerika (USA) zafatinye igisirikare cy’u Rwanda (RDF) na bamwe mu basirikare…

Musanze: Hari abavidurira imisarane mu miyoboro y’amazi

Bamwe mu batuye mu Mudugudu wa Gashangiro, Akagari ka Kabeza mu Murenge wa Cyuve, babangamiwe bikomeye n’umwanda ukabije n’umunuko w’abahengera…

RDC yishimiye ibihano byafatiwe RDF n’abajenerali bane

Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yatangaje ko yishimiye ibihano Leta Zunze Ubumwe za America zafatiye Ingabo z’u Rwanda…

America yemeje urupfu rw’abandi basirikare babiri

Leta zunze Ubumwe za America zemeje ko abandi basirikare babiri byemejwe ko bishwe mu bitaro Iran igaba yihimura ku bya…

UPDATED: America yafatiye ibihano ba Offisiye muri RDF

Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa Mbere zatangaje ko zafatiye ibihano Igisirikare cy'u Rwanda (RDF), ndetse n'Abanyarwanda bane.…

- Advertisement -
Ad image