Amakuru aheruka

Ibicuruzwa by’u Rwanda byafunguriwe amarembo muri Congo na Zimbabwe

Ikigo cy’Igihugu Gitsura Ubuziranenge mu Rwanda (RSB) cyasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’icya Repubulika ya Congo (ACONOQ) ndetse n’icya Zimbabwe (SAZ), agamije…

Abana 14 bagiye gushakirwa amakipe i Burayi

Biciye mu Irerero rya ‘Inspire Stars Academy’ rifasha abana kwiga umupira w’amaguru, abana 14 berekeje ku Mugabane w'Uburayi aho bagiye…

Muhanga: Hafashwe ingamba zo guhashya amakimbirane mu ngo

Inzego zitandukanye z’Akarere ka Muhanga zabwiye abadepite ko hafashwe ingamba zo gukumira no guhashya amakimbirane yo mu Miryango. Inzego zakoranye…

Abasirikare ba RDF basoje amahugurwa yo guhangana n’iterabwoba

Abasirikare n’abofisiye bo mu Ngabo z’u Rwanda (RDF) mu Mutwe w’Ingabo Zidasanzwe (Special Operations Force), basoje  amahugurwa y’ibanze yo guhangana…

Ku bihano America iherutse gufata ishobora kongeraho “kwimana visa”

Ibiro bya Leta ya America bishinzwe politiki mpuzamahanga bishobora kuba abayobozi bo mu Rwanda uburenganzira bwo kujya muri icyo gihugu…

Minisitiri Nsengiyumva arahagararira Perezida Kagame mu Nama ya EAC

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr. Nsengiyumva Justin, yageze Arusha muri Tanzania, aho azahagararira Perezida Kagame mu Nama ya 25 isanzwe…

- Advertisement -
Ad image