Amakuru aheruka

Congo ntihakana igitero cya drone kuri Goma

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yihanganishije umuryango w’Umufaransakazi wiciwe mu gitero cya drones mu Mujyi wa Goma, ivuga ko…

Kenya yitegura kuza i Kigali iri gushaka abakinnyi i Burayi

Mbere yo kuza mu Rwanda gukina irushanwa rya FIFA Series 2026 riteganyijwe gukinwa mu mpera z’uku kwezi, ikipe y’Igihugu ya…

Gen André Rafael Mahunguane yasuye ingabo z’u Rwanda ziri i Mocímboa da Praia

Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka za Mozambique, Maj Gen André Rafael Mahunguane, uyu munsi yasuye icyicaro gikuru cy’Inzego z’Umutekano z'…

Abagore batanu bari mu batangiye amahugurwa ya Licence A-CAF

Ku wa Gatatu, tariki ya 11 Werurwe 2026, Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangije amahugurwa y’abatoza 25 barimo abagore…

Byafashe intera hagati ya Espagne na Israel – Ambasaderi yasabwe gutaha

Igihugu cya Espagne/Spain cyakuye Ambasaderi wacyo muri Israel nyuma y'ubwumvikane buke bushingiye ku ntambara ibera muri Iran. Espagne ni kimwe…

U Bufaransa, u Bubiligi n’u Burayi byavuze ku gitero cyishe abantu i Goma

Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, U Bubiligi, na Komiseri muri Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), Hadja Lahbib, bamaganye igitero…

- Advertisement -
Ad image