NSHIMIYIMANA THEOGENE

162 Articles

Abunganira Munyenyezi ntibanyuzwe n’inzitizi zazamuwe n’ubushinjacyaha

Byari biteganyijwe ko uruhande rwa Béatrice Munyenyezi uregwa ibyaha bifitanye isano na jenoside atangira gutambutsa ikirego cye arega ubushinjacyaha ariko…

Nyanza:Umugabo yapfiriye mu kazi bitunguranye

Mu Karere ka Nyanza umugabo w'imyaka 38 yapfuye urupfu rutunguranye,apfiriye mu kazi. Abakoresha n'ubuyobozi bwe basanze yapfuye yavuye iwe ari…

Nyanza: Umurambo w’Uruhinja wasanzwe mu ishyamba

Umurambo w'uruhinja wasanzwe mu ishyamba aho bikekwa ko rwajugunywe rukibyarwa Munsi y'Agakiriro ka Nyanza hari ishyamba, muri iryo shyamba hari…

Karasira Aimable yasabye urukiko kuvuzwa ngo ahangane n’Ubushinjacyaha

Karasira Aimable Uzaramba alias Prof.Nigga yatangiye kuburana mu mizi asaba urukiko ko yavuzwa kugirango abone uko yitegura guhangana n'ubushinjacyaha. Amataratara…

Nyanza: Abagabo 5 bakekwaho kwica Loîc w’imyaka 12 barajuriye

Abagabo batanu bakekwaho kwica Loîc Kalinda Ntwari William bajuririye gufungwa by'agateganyo bari bakatiwe Mu ntangiriro za Ugushyingo 2023 nibwo UMUSEKE…

Rachid yabwiye urukiko ko  ibyo aregwa ashobora kuzagaruka yabyibagiwe

Mu rubanza rwa Hakuzimana Abdoul Rachid yabwiye urukiko ko  ibyo aregwa ashobora kuzagaruka yabyibagiwe bitewe nuko akoresha uburyo bw’impapuro kandi…

Umutangabuhamya yashinjije Mico gushinga bariyeri mu rugo akayiciraho Abatutsi

Urukiko rwatangiye kumva  abatangabuhamya bo ku ruhande rushinja, uwatanze ubuhamya yashinjije Micomyiza Jean Paul alias Mico gushinga  bariyeri   iwabo akanayiciraho Abatutsi. Cyakora…

Hafashwe umugore n’umusore bakekwaho gucuruza urumogi

Mu karere ka Nyanza, Umurenge wa Busasamana, Akagari  ka Nyanza, mu Mudugudu wa Nyanza niho hafatiwe umugore ukekwaho gucuruza urumogi.…

Nyanza: Umuyobozi afungiwe mu kigo cy’inzererezi

Umuyobozi wungirije (SEDO) w'Akagari yasezeye akazi yizezwa gufungurwa none yahise ajyanwa mu kigo cy'inzererezi Umuyobozi wungirije w'Akagari ka Gahunga mu…

Ikamyo yishe abantu babiri barimo umukobwa w’imyaka 17

Huye: Imodoka y'ikamyo yishe abantu babiri barimo uwari utwaye moto, amakuru avuga ko iyi modoka yataye umukono wayo ibasanga aho…