NSHIMIYIMANA THEOGENE

162 Articles

Mu rubanza rwa Munyenyezi humviswe ubuhamya bw’uwayoboye Jandarumori muri Butare

Mu rubanza ruregwamo Béatrice Munyenyezi woherejwe na Leta zunze Ubumwe z'Amarica, akaba aregwa ibyaha bya jenoside umutangabuhamya wari ushinzwe Jandarumori…

Abayoboke b’amadini n’amatorero barokotse jenoside bashishikarijwe gutanga imbabazi

Nyanza: Ubuyobozi bw'amadini n'amatorero mu murenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza bwashishikarije abayoboke babo barokotse jenoside yakorewe abatutsi 1994 gutanga…

Ubushinjacyaha bwashinje Mico “ubwicanyi no gusambanya Abatutsikazi”

Ngo hari umukobwa basambanyije barangije bamukeba imyanya y'ibanga Hari uwabujije Mico kwica Abatutsi amusubiza ko "Imana yabakuyeho amaboko" Ubushinjacyaha bwihariye…

Umutangabuhamya udasanzwe yavuze ibyo azi mu rubanza rwa Dr. Rutunga Venant

Uherutse kugaragara ku mashusho atanga ubuhamya ubwo mu kigo cya ISAR Rubona habaga igikorwa cyo kwibuka ku nshuro ya 25…

Nyamagabe: Abajyanama begereye abaturage ngo bumve ibibazo bafite

Abari mu nama Njyanama y'Akarere ka Nyamagabe bose begereye abaturage ngo bumve ibyifuzo bafite, na bo babe babakorera ubuvugizi. Mu…

Nsabimana uzwi nka Sankara yitabiriye umuhango wo kwibuka aho avuka

Nsabimana Callixte uzwi nka Sankara uheruka guhabwa imbabazi na Perezida wa Repubulika Paul Kagame yitabiriye umuhango wo kwibuka ku nshuro…

Nyanza: Abaganga banenzwe ko banze kuvura abatutsi muri Jenoside

Ubuyobozi bw'ibitaro bya Nyanza bwanenze abaganga banze kuvura Abatutsi mu gihe cya Jenoside babaziza uko bavutse. Ni ku nshuro ya…

Nyanza: Abantu 5 bakurikiranyweho kwica umukobwa bamuziza Frw 100

Abantu batanu bakekwaho kwica umukobwa bamuziza 100 Frw bamaze gutabwa muri yombi bigakekwa ko umwe muri bo bari banasambanye. Mu…

Hari abana bigira mu byumba by’amashuri bitajyanye n’igihe u Rwanda rurimo

Nyaruguru:  Mu murenge wa Nyagisozi, hari ishuri ubuyobozi bwaryo buvuga ko hari ibyumba bishaje bitajyanye n'igihe, ku buryo abana batakwiye…

Umusore w’i Nyanza yapfuye acigatiye icupa ry’inzoga

Ku mugezi bavomaho amazi mu Mudugudu wa Rugwa, Akagari ka Nyabinyenga mu Murenge wa Cyabakamyi hasanzwe umurambo w'umusore w'imyaka 37,…