NSHIMIYIMANA THEOGENE

162 Articles

Umuturage yatungutse ku ruhinja rwajugunywe mu ishyamba

Nyaruguru: Uruhinja rumaze icyumweru kimwe ruvutse rwasanzwe mu ishyamba riri mu kabande, ruri mu gafuka bikekwa ko ari "abantu bajugunye…

RIB yafatiye mu cyuho “abarimu barimo gukuriramo inda umunyeshuri”

Nyanza: Umuyobozi w'ishuri wungirije ushinzwe imyitwarire y'abanyeshuri "Prefet de discipline" na bamwe mu barimu batawe muri yombi bakekwaho gusambanya umunyeshuri…

Munyenyezi yagaragaje amakosa 7 y’imyandikire mu buhamya bwatanzwe mu rubanza rwe

Beatrice MUNYENYEZI n'ubwunganizi bwe mu rubanza aregwamo ibyaha bitandukanye birimo n'icya jenoside, yavuze ko mu nyandiko mvugo z'abatangabuamya hari ibitaranditswe…

Karasira Aimable yabwiye urukiko ko “arota arimo kwicwa”

*yabwiye urukiko ko afite ubwoba ko amagambo avuga azamukoresha ibyaha, asaba kuvuzwa Karasira Aimable uzwi nka Prof. Nigga uri kuburana…

Nyamagabe: Abaturage babangamiwe no gukoresha amazi yogerezwamo moto

Abaturage batuye mu kagari ka Nyanzoga, mu murenge wa Cyanika mu karere ka Nyamagabe babangamiwe no kuba bakoresha amazi yogerezwamo…

Nyanza: Abamurikabikorwa basabye ko imurikagurisha ryajya rimara icyumweru

Abafatanyabikorwa bibumbiye muri JADF Nyanza banamuritse ibikorwa byabo basabye inzego z'ubuyobozi ko iminsi itatu bahawe yo kumurika ibikorwa byabo idahagije.…

Nyanza: Umugabo yahanutse ku modoka

Umugabo wari mu mudoka amaze kuyipakiramo amatafari, yapfuye ubwo yari imutwaye. Impanuka y'imodoka yo mu bwoko bwa Mitsubishi Fuso ifite…

Abiga muri TSS Kavumu bibukijwe ko baza kwiga nta bwoko babajijwe

Abanyeshuri biga mu ishuri ry'imyuga n'ubumenyingiro no gutwara ibinyabiziga mu ishuri rya Kavumu TSS bibukijwe ko baza kwiga muri ririya…

Nyanza: Abitabiriye imurikabikorwa basabwe ko ibyo bajemo bitaba amasigaracyicaro

Abafatanyabikorwa n'abagenerwabikorwa bitabiriye imurikabikorwa ry'abafatanyabikorwa (JADF Nyanza) basabwe ko ibyo bajemo bidakwiye kuba amasigaracyicaro. Mu gutangiza ku mugaragaro imurikabikorwa ry'abafatanyabikorwa…

I Nyanza hagiye kubera iserukiramuco rizahuza ibihugu bya Afurika

Ubusanzwe mu karere ka Nyanza uko umwaka utashye hari hamenyerewe igitaramo cyiswe “i Nyanza Twataramye” gusa kuri iyi nshuro umuryango…