NSHIMIYIMANA THEOGENE

162 Articles

Nyanza: Basabwe gusenya inzu bari batuyemo babuzwa kubaka izindi

Bamwe mu baturage batuye mu murenge wa Kigoma, mu karere ka Nyanza bavuga ko babujijwe kubaka inzu zindi nyuma yaho…

Imodoka ya Vice Mayor yishe umuntu wari utwaye moto

Nyanza: Polisi ikorera mu Ntara y'Amajyepfo iravuga ko habaye impanuka yahitanye umumotari wagonze imodoka ya Vice Mayor. Byabereye mu mudugudu…

Nyamagabe: Abaturage baravuga ko akarere kabaringanye

Abaturage batuye mu murenge wa Kitabi, mu karere ka Nyamagabe baravuga ko batahawe ingurane banabibwira akarere ntibabakemurire ikibazo. Hakurikijwe uko…

Abitabiriye igitaramo “I Nyanza Twataramye” basabwe gukora cyane

Abantu baturutse imihanda yose baje mu gitaramo "I Nyanza Twataramye" aho basabwe gukora cyane. Buri mwaka akarere ka Nyanza gafatanyije…

Nyanza: Umugabo yishe undi amusanze mu muhanda

Mu karere ka Nyanza umugabo akurikiranyweho kwica undi amusanze mu muhanda, urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB) rwatangiye iperereza. Byabereye mu mudugudu…

Hateguwe ibirori biherekeje igitaramo ndangamuco ‘I Nyanza Twataramye’

Mu ntangiriro z'ukwezi Kanama mu  mwaka wa 2023, Akarere ka Nyanza kateguye ibirori iminsi 3 yikurikiranya harimo igitaramo ndangamuco cya…

Karasira yavuze ku muganga wamuhaga imiti itera ibyishimo yamagana raporo arimo

Iburanisha rya none ryibanze kuri raporo yakozwe n'abaganga batatu ari bo Docteur Xavio Butoto, Docteur Chadrack Ntirenganya na Docteur Mudenge…

Umunyamategeko waje gushinjura Dr. Rutunga Venant yahaswe ibibazo

Uwahoze ari umunyamategeko mu kigo cya ISAR Rubona, Arséne RUTIYOMBA yashinjuye mu ruhame Dr.Venant Rutunga uregwa ibyaha bya Jenoside, akaba…

RBC yasobanuye impamvu yatangiye gukingira Imbasa abana batarengeje imyaka 7

Ikigo cy'igihugu gishinzwe ubuzima (RBC) cyasobanuye impamvu kiri gukingira Imbasa abana batarengeje imyaka irindwi y'amavuko. Mu Rwanda hatangiye igikorwa cyo…

Babwiye RIB ko banywa Kanyanga bagira ngo bacurike inzoka

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Kamonyi babwiye Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha (RIB) ko hari abanywa ikiyobyabwenge cya Kanyanga bagamije…