Abaganga bakora umwuga wo kubyaza no kuvura indwara zibasira imyanya ndangagitsina z’abagore baganiriye ku bikunze gutera imfu z’ababyeyi n’abana mu…
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko Minisiteri y’Urubyiruko (MINIYOUTH) yongerewe inshingano inahita ihindura izina. Mu itangazo ryavuye mu biro bya Minisitiri…
Perezida wa Repubulika,Paul Kagame ,yagize Pudence Rubingisa, guverineri w’Iburasirazuba. Rubingisa yari asanzwe ari umuyobozi w’Umujyi wa Kigali. Itangazo ryaturutse mu…
Pasiteri Ezra Mpyisi umusaza umaze imyaka 1o1, yanyomoje abari batangaje ko yitabye Imana. Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere…
Mu Mirenge igize Akarere ka Gicumbi, ibigo bifite abanyeshuri biga bacumbikirwa, biri guhabwa inzitiramibu, mu rwego rwo guhashya malaria mu…
Ikiganiro gishishikariza abantu gutaha cyatumye agirwa igicibwa Guhimba inkuru zimuvuga byari bigamije kumubambisha Murekatete Triphose waabaye umuyobozi w’Akarere ka Rutsiro…
Inama Njyanama y’Akarere ka Nyamagabe, yemeye ubwegure bw’ Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Akarere Bwana Alfred Ngarambe. Ubwegure bwe bwemejwe mu nama idasanzwe…
Umwimukira wari ufungiye muri kontineri iri hejuru y’amazi y’ahitwa Bibby Stockholm, mu Bwongereza yiyahuye. Polisi yavuze ko iperereza kuri urwo…
Abagize Inteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza kuri uyu wa kabiri tariki ya 12 Ukuboza 2023,bashimangiye ko u Rwanda ari igihugu…
Minisitiri w’Intebe Dr. Ngirente yakiriye indahiro z'abashinjacyaha ba gisirikare bane (4) . Aba bashinjacyaha barahiye kuri uyu wa kabiri tariki…
Sign in to your account